Amakuru

Nyaruguru: Malayika murinzi yavuze ihohoterwa ryakorewe umwana ufite ubumuga arera

Malayika murinzi akaba n’umujyanama w’ubuzima mu Murenge wa Kibeho mu Karere ka Nyaruguru, Ayinkamiye Ruth yasangije abafite aho bahuriye no kurengera umwana muri ako Karere, uburyo yaharaniye uburenganzira bw’umwana w’umukobwa ufite ubumuga bukomatanyije wakorewe ihohoterwa. Uyu mubyeyi yagarutse kuri ubwo buhamya mu mahugurwa y’iminsi ibiri, yateguwe n’impuzamiryango iharanira uburenganzira bwa muntu CLADHO na Plan International […]

Iyobokamana

Inkuru 5 zo muri bibiliya ukwiye guhora ubwira abana bawe

Nk’ababyeyi b’abakristo, mufite inshingano yo kubwira ibyanditswe byera abana banyu. Bibiliya ni igitabo kirimo inkuru zitangaje zerekeye Imana kandi ni byiza kuzibwira abana banyu bakiri bato kugirango batangire kuyikunda kuzega bakuze. Ababyeyi bakwiye kubwira abana bibiliya babinyujije mu munzira zishobora kubashimisha kandi ziteye amatsiko. Nimubigenza mutyo, bazajya bumva bashaka kumva buri nkuru ikurikiyeho. N’ ingenzi […]

Hatangijwe amarushanwa yitezweho kuzamura impano z’abana batarengeje imyaka 16

Abana bafite impano zitandukanye bafite munsi y’imyaka 16 bashyiriweho amarushanwa yo kuzamura impano azwi nka ’Stars for Jesus,’ basabwa kuyitabira muri ibi bihe by’ibiruhuko. Ni amarushanwa asanzwe ategurwa na Reverend Alain Numa ku bufatanye n’itorero rya Gikirisitu Shilo Mauntain ndetse n’inkunga y’andi materoro ya gikirisitu mu Rwanda. Stars for Jesus ryatangijwe mu 2016 ariko riza […]

Umwana Yesu mu rusengero

Reba uyu mwana w’umuhungu uganira n’aba bagabo bakuze. Aba bagabo ni abigisha bo mu rusengero rw’i Yerusalemu. Naho uyu mwana we ni Yesu. Yabaye mukuru ho gato. Afite imyaka 12. Aba bigisha batangajwe cyane n’uko Yesu azi ibintu byinshi ku byerekeye Imana no ku byanditswe muri Bibiliya. Ariko se, kuki Yozefu na Mariya batari hano […]

Udukuru tw'Abana

UR yatangije gahunda yise ‘Mwana Tera Igiti’

Itsinda ry’abashakashatsi biga  ibijyanye n’Ubuzima bwo mu mutwe n’imyitwarire mu ishami ry’Ubuvuzi, muri Kaminuza y’u Rwanda (UR) ryatangije gahunda yo gushishikariza abana gutera ibiti mu mushinga ‘Mwana Tera Igiti’ mu rwego rwo gutoza abakiri bato kubungabunga ibidukikije. Umwarimu muri UR mu bijyanye n’ibinyabuzima, Dr. Mujawamariya Myriam yatangaje ko iki gikorwa kigamije  kumvisha umwana akamaro  k’igiti  […]

Uko impano ya Jet Li yagaragaye afite imyaka 8

Li Lianjie uzwi ku izina rya Jet Li, yavutse ku wa 26 Mata 1963 avukira mu mujyi wa Beijing mu Bushinwa. Ni we muto mu muryango wabo w’abahungu babiri n’abakobwa babiri. Uretse gukina no gutunganya filimi, ni icyamamare mu mikino njyarugamba wa wushu. Papa umubyara yaje gupfa Jet Li afite imyaka ibiri, bituma umuryango wabo […]