Gasabo: Umwana w’imyaka 11 yasanzwe mu cyumba yiyahuye

Yasuwe: 136 Umwana w’umuhungu w’imyaka 11 wo mu Murenge wa Jabana mu Karere ka Gasabo, yasanzwe mu cyumba yararagamo yapfuye amanitse mu mugozi, aho bikekwa ko yiyahuye. Yigaga mu mwaka wa Gatanu w’amashuri abanza, yavukanaga n’abakobwa bane ndetse ni we wari umuhererezi iwabo. Amakuru y’urupfu rwe yamenyekanye ku Cyumweru tariki ya 20 Ugushyingo 2022. Umwe […]

Continue Reading

Abiga ubwubatsi muri Fr. Ramon TSS Kabuga biyubakiye ibyumba by’amashuri

Yasuwe: 245 Ishuri ryisumbuye ry’imyuga n’ubumenyingiro ryitwa Father Ramon TSS Kabuga, riherereye mu Mudugudu wa Musenyi mu Kagali ka Kabuga mu Murenge wa Ngamba ho mu Karere ka Kamonyi, ryatashye ku mugaragaro ibyumba bibiri by’amashuri byubatswe n’abanyeshuri baryigamo mu mwaka wa Gatanu (level 4) mu ishami ry’Ubwubatsi. Umuhango wo gutaha ibyo byumba, wabaye kuri uyu […]

Continue Reading

Rwamagana: Umwana wishwe aciwe umutwe yashyinguwe mu cyubahiro

Yasuwe: 160 Imanishimwe Josiane uherutse kwicwa n’abagizi ba nabi bamuciye umutwe yasezeweho bwa nyuma ndetse ashyingurwa mu cyubahiro mu irimbi rusange rya Gishali mu Murenge wa Gishali mu Karere ka Rwamagana. Urupfu rwa Imanishimwe rwashenguye benshi, rwamenyekanye ku mugoroba wo ku wa 16 Ugushyingo 2022 aho yishwe aciwe umutwe n’umugizi wa nabi ubwo yari agiye […]

Continue Reading

Rutsiro: Umwana na se bagwiriwe n’inzu barapfa

Yasuwe: 120 Mu masaha y’igitondo cyo kuri uyu wa gatandatu, tariki 19 ugushyingo 2022 umugabo witwa Nyirimbuga n’umwana we witwa Ntezirizaza Samuel bagwiriwe n’inzu bahita bapfa. Ibi byabaye ku isaha ya saa yine z’igitondo mu karere ka Rutsiro, umurenge wa Manihira, akagari ka Tangabo ho mu Mudugudu wa Rugano. Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Manihira, Basabose […]

Continue Reading

Nyamagabe: Abana babiri batwawe n’umugezi barapfa

Yasuwe: 131 Abana babiri bo mu Karere ka Nyamagabe batwawe n’umugezi wa Nkomane ubwo bari bavuye kwiga ku Gicamunsi cyo ku wa Gatanu. Umwe ni Niyonyirabyo Ziporah w’imyaka 17 y’amavuko ukomoka mu Mudugudu wa Nyabivumu mu Kagari ka Masagara akaba yigaga mu mwaka wa kabiri w’amashuri yisumbuye. Undi yitwa Uwiringiyimana Rose w’imyaka 17 y’amavuko wo […]

Continue Reading

Afurika y’Epfo: Baramagana ishyirwaho ry’ubwiherero bumwe ku bitsina byose mu mashuri

Yasuwe: 135 Itsinda ry’Abanyafurika y’Epfo ryatangije inyandiko yo kwamagana umugambi wa Minisiteri y’Uburezi wo gushyira mu mashuri ubwiherero buhuriweho n’ibitsina byombi (abahungu n’abakobwa) n’abatibona na hamwe. Iyo nyandiko imaze gushyirwaho umukono n’abarenga ibihumbi 67 ivuga ko “Ubwiherero ari ahantu h’umwihariko kandi kuvuga ko abakobwa n’abahungu basangira ubwiherero bizazana ibibazo byinshi muri sosiyete.” Uwo mugambi wagaragaye […]

Continue Reading

Covid-19: Umwihariko w’urukingo rugenewe abana rumaze guhabwa abarenga miliyoni

Yasuwe: 179 Ikigo cy’Igihugu gishinzwe ubuzima, (RBC) cyagaragaje ko nta mubyeyi ukwiye kugira impungenge zo gukingiza umwana we Covid-19, kuko abana bahabwa urukingo rwihariye kandi bagaterwa kimwe cya gatatu cya doze ihabwa abantu bakuru. Imibare ya RBC igaragaza ko mu gihe kirenga ukwezi hatangiye gahunda yo gukingira Covid19 abana bari hagati y’imyaka Itanu na 11 […]

Continue Reading

Icyo leta ifasha abikorera bashinga amarerero-Ikiganiro cyihariye na Munyampeta wa NCD

Yasuwe: 284 Mu Kinyarwanda bavuga ko ‘Kwirinda biruta kwivuza’! Ku bijyanye n’ubuzima bw’umwana ho hari ubwo uko kwivuza kuba kudashoboka, nk’iyo habayeho igwingira kuko ritavurwa. Ibyo bitanga amahitamo amwe gusa yo ‘kwirinda’. Impuguke mu mikurire y’umwana zigaragaza ko ari ngombwa kwita ku mwana hakiri kare kuko 80% by’ubwonko bwe bikura mu myaka 3 ya mbere, […]

Continue Reading

Minisante irasaba abagabo kuzirikana uruhare rwabo mu kwita ku buzima bw’umwana n’umubyeyi

Yasuwe: 202 Minisiteri y’ubuzima irasaba abagabo kumenya no kwita ku mibereho y’abana babo ndetse n’abagore, kugira ngo bifashe mu kugabanya imirire mibi n’igwingira ry’abana, ndetse no kugabanya imfu z’ababyeyi bapfa babyara. Ibi byatangarijwe mu karere ka Rubavu, ahatangirijwe icyumweru cyo kwita ku buzima bw’umwana no kugabanya imfu z’ababyeyi bapfa babyara. Dr Uwariraye Parfait umuyobozi mukuru […]

Continue Reading

MINEDUC yasobanuye impamvu gutangira amasomo byongereweho isaha n’igice

Yasuwe: 239 Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yatangaje ko guhindura amasaha yo gutangira amaso mu mashuri abanza n’ayisumbuye, byashingiye ku bushakashatsi bwagaragaje ko amasaha abana baruhuka adahagije, abana bagira umwanya muto wo gushyikirana n’ababyeyi no kuba abana batangira amasomo atari kare cyane bagira icyo biyongeraho mu bumenyi. Inama y’Aminisitiri yateranye ku wa 11 Ugushyingo 2022 yemeje ko […]

Continue Reading