Rulindo: Umwana w’imyaka 13 yapfiriye ku ishuri

Yasuwe: 299 Umwana w’imyaka 13 y’amavuko witwa Imanirakiza, wigaga mu mwaka wa mbere ku ishuri ryisumbuye rya Rwahi riherereye mu Murenge wa Shyorongi, Akarere ka Rulindo, yapfiriye mu kigo yigagaho, hakaba hakekwa ko yaba yazize uburwayi bw’igicuri yari afite. Umuyobozi w’icyo kigo, Uwimana Jeanne, yavuze ko uwo mwana yari arwaye igicuri cyakora ngo ababyeyi be […]

Continue Reading

Nigeria igiye guca kwigisha mu Cyongereza mu mashuri abanza

Yasuwe: 130 Leta ya Nigeria yatangaje gahunda igamije guteza imbere kwigisha abanyeshuri bo mu mashuri abanza mu ndimi zo muri Nigeria aho kubigisha mu Cyongereza. Minisitiri w’uburezi wa Nigeria, Adamu Adamu ku wa gatatu yabwiye abanyamakuru ko iyi gahunda nshya izwi nka ‘National Language Policy’ yemejwe ngo ishyirwe mu bikorwa. Bijyanye n’iyi gahunda, kwigisha mu […]

Continue Reading

Abafite ubumuga bishimira ko abato babyirukira mu gihugu kidaheza

Yasuwe: 205 Mu gihe hizihizwa umunsi mpuzamahanga w’abafite ubumuga wizihizwa taliki 3 Ukuboza buri mwaka, abafite ubumuga barishimira ko abakiri bato,  babyirukira mu gihugu kirushaho gukora ibishoboka byose ngo abafite ubumuga bagire imibereho myiza. Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Inama y’Igihugu y’Abantu bafite ubumuga (NCPD) Ndayisaba Emmanuel yabigarutseho mu kiganiro na RBA kuri uyu wa Gatanu, cyagarutse ku […]

Continue Reading

Abari hagati y’imyaka 15 na 24 nibo bugarijwe n’ubwandu bushya bwa VIH mu Rwanda

Yasuwe: 102 Urubyiruko rw’u Rwanda ruri hagati y’imyaka 15 na 24 rwatabarijwe nyuma y’aho imibare yerekana ko ari rwo rwandura virusi itera SIDA kuruta abakuze. Ibi byagarutsweho kuri uyu wa Kane tariki ya 1 Ukwakira 2022 mu Karere ka Huye ubwo hizihizwaga umunsi Mpuzamahanga wo kurwanya SIDA. Ni umunsi wahawe insanganyamatsiko igira iti “ Rubyiruko […]

Continue Reading

Rubavu: Ubushabitsi bwagaragajwe nk’impamvu ituma abana bata ishuri

Yasuwe: 76 Amashuri yo mu Karere ka Rubavu agaragaza ko mu mpamvu zituma abana bata ishuri harimo abana bajya gushaka amafaranga kubera amahirwe yo kuba begereye umupaka n’ababyeyi basigira abana barumuna babo bagiye mu bucuruzi. Byagaragarijwe istinda ry’Abasenateri bagize Komisiyo y’Imibereho y’Abaturage n’Uburenganzira bwa Muntu ubwo basuraga ishuri rya G.S Ryabizige ryo mu Karere ka […]

Continue Reading

RDC: Abana 11 batwikishijwe lisansi

Yasuwe: 97 Abana 11 bo mu mihanda ya Kinshasa bazwi nka “Shegués” batwikishijwe lisansi, ubu barimo kwitabwaho n’abaganga, bavurwa ibikomere. Byabaye mu rukerera rwo ku wa 30 Ugushyingo 2022, aho bikekwa ko byagizwemo uruhare n’itsinda ry’abana bahanganye. Ni abana bivugwa ko bararaga kuri stade ya Bandalungwa. Burugumesitiri w’ako gace, Baylon Gaibene, yabwiye Radio Okapi ko […]

Continue Reading

Uganda: Hasabwe ingamba nshya ku kibazo cy’ubwiyongere bwa VIH mu bakiri bato

Yasuwe: 117 Inteko Ishinga Amategeko ya Uganda yasabye Guverinoma kubyutsa ubukangurambaga bwo kurwanya Virus Itera Sida (VIH/SIDA) hagamijwe kugabanya ubwiyongere bw’ubwandu bushya mu ngimbi n’abangavu. Ni nyuma y’itangazo ryashyizwe ahagaragara na Minisitiri muri Perezidansi, Milly Babalanda, rigaragaza ko ubwandu mu bakiri bato bwazamutse kandi iyi ndwara ikaba yica nibura abantu 46 ku munsi muri iki […]

Continue Reading

Abagore batwite bagiye kujya bipimisha inshuro 8

Yasuwe: 157 Guverinoma y’u Rwanda yihaye intego yo kugabanya umubare w’abagore bapfa babyara ukagera ku 126 ku bihumbi 100 bitarenze 2024 uvuye ku bagore 210 ku bihumbi 100 mu mwaka wa 2013 na 2014. Ubwo hatangizwaga icyumweru cyahariwe kwita ku buzima bw’umubyeyi n’umwana gifite insanganyamatsiko igira iti “Nta mugore ukwiye gupfa abyara” abagore batwite bagiriwe […]

Continue Reading

Kanye West yategetswe gutanga indezo y’ibihumbi 200 $ buri kwezi

Yasuwe: 163 Kanye West yategetswe kujya aha Kim Kardashian ibihumbi 200 by’amadorari y’Amerika buri kwezi y’indezo y’abana nyuma yo gutandukana kwabo. Amasezerano yabo ya gatanya yemeje ko bazakomeza gufatanya kurera abana, uruhare rwa Kanye West rukaba ibihumbi 200 by’amadolari y’amerika. Ni asaga miliyoni 216 uyashyize mu mafaranga y’u Rwanda buri kwezi. Kardashian yagannye inkiko mu […]

Continue Reading

Kayonza: Umusore w’imyaka 28 arakekwaho gusambanya umwana w’imyaka 8

Yasuwe: 113 Umusore w’imyaka 28 y’amavuko utuye mu Karere ka Kayonza yatawe muri yombi n’inzego z’umutekano nyuma yo gukekwaho gusambanya umwana w’umukobwa w’imyaka 8. Uyu musore yatawe muri yombi ku mugoroba wo kuwa Mbere tariki ya 28 Ugushyingo 2022, bikaba byarabereye mu Mudugudu w’Iragwe mu Kagari ka Nyagatovu mu Murenge wa Mukarange mu Karere ka […]

Continue Reading