Nyarugenge: Umuryango urimo abana 2 bafite ubumuga bw’ingingo watujwe ahataborohereza kugera ku ishuri

Yasuwe: 234 Umuryango wa Ndindabahizi Jean Baptiste na Nyiramajyambere Françoise utuye mu Murenge wa Kigali mu Karere ka Nyarugenge, urashima ko watabawe ugakurwa mu nzu yashoboraga gushyira mu kaga ubuzima bw’abawugize, ariko ugasaba ko ikibazo cyo kuba aho bacumbikiwe hatorohereza abana babo bafite ubumuga kugera ku ishuri cyakwigwaho. Ni umuryango ugizwe n’ababyeyi bombi ndetse n’abana […]

Continue Reading

Rubavu: Bananiwe kwakira ko umwana w’imyaka 13 wasambanyije uw’ibiri atazahanwa

Yasuwe: 94 Umuryango wo mu Murenge wa Nyakiriba mu Karere Rubavu, uratabaza nyuma y’uko umwana wabo ufite imyaka ibiri asambanyijwe n’undi mwana w’imyaka 13 wo mu baturanyi babo ariko Ubugenzacyaha bukavuga ko budashobora kumukurikirana kuko atari yuzuza imyaka y’ubukure. Uyu muryango utuye mu Mudugudu wa Rugerero mu Kagari ka Gikombe mu Murenge wa Nyakiriba, wabwiye […]

Continue Reading

Hatangajwe ingengabihe nshya amashuri azakurikiza guhera muri Mutarama 2023

Yasuwe: 93 Minisiteri y’Uburezi yatangaje ingengabihe ivuguruye amashuri ya leta, afashwa na leta ku bw’amasezerano n’ayigenga akurikiza integanyayigisho ya leta, azajya akurikiza guhera muri Mutarama 2023. Iyi ngengabihe igaragaza ko amasomo azajya atangira 8h30, akarangira 17h00. Ikiruhuko gito cya mugitondo (Break) kizajya gitangira saa 10h45 kirangire saa 11h00 naho Ikiruhuko kini gifatirwamo amafunguro cyo kizajya […]

Continue Reading

Musenyeri Rukamba yasabye abize gutanga umusanzu mu guhangana n’igwingira

Yasuwe: 95 Musenyeri wa Diyoseze Gatolika ya Butare, Rukamba Philippe, yasabye abize gutanga umusanzu wabo mu kurandura imirire mibi n’igwingira ry’abana mu Rwanda kuko ari ikibazo gikomeye kandi gikeneye ubufatanye mu kugikemura. Yabigarutseho ubwo yayoboraga umuhango wo gutanga impamyabumenyi ku banyeshuri 430 basoje amasomo yabo muri Kaminuza Gatolika y’u Rwanda (CUR) ku wa 17 Ukuboza […]

Continue Reading

Huye: Umukozi wo mu rugo arakekwaho gusambanya umwana w’aho yakoraga

Yasuwe: 266 Umukobwa w’imyaka 20 y’amavuko arakwekwaho gusambanya umwana w’umuhungu  w’imyaka 11 w’aho yakoraga akazi ko mu rugo mu Karere ka Huye. Icyaha cyabaye mu gihe cya saa 16h00 ku wa 11 Ukuboza 2022 mu Mudugudu wa Nyarurembo, Akagari ka Gitwa, Umurenge wa Tumba, mu Karere ka Huye. Uwo mwana yavuze ko umukozi yamusanze mu […]

Continue Reading

Bwa mbere Rihana yagaragaje umwana we ku mbuga nkoranyambaga

Yasuwe: 73 Kuva muri Gicurasi uyu mwaka, ibyamamare Rihana na A$AP Rocky bibarutse ntabwo baratangaza izina ry’umwana wabo ndetse bari batagaragaza isura ye ku mbuga nkoranyambaga. Kuri uyu wa 17 Ukuboza, nibwo Rihanna yagaraje umwana we w’umuhungu abinyujije mu mashusho (video) yashyize ku rubuga nkoranyambaga rwa Tik tok. Iyo video y’amasegonda 45 yerekana umwana aseka […]

Continue Reading

Imvubu yari imize umwana w’imyaka ibiri Imana ikinga ukuboko

Yasuwe: 97 Umwana w’umuhungu w’imyaka ibiri witwa Iga Paul yarokotse kuribwa n’imvubu ubwo yari arimo gukinira hafi y’inkombe y’ikiyaga cya Edward ku gice cy’Amajyepfo ashyira Uburengerazuba bwa Uganda. Polisi yavuze ko iyo nyamaswa yafashe uwo mwana ikamumira kimwe cya kabiri cy’umubiri we, umugabo wari hafi aho akayirwanya ayitera amabuye. Cyakora Ikigo cya Uganda cyita ku […]

Continue Reading

Musanze: Hatashywe urugo mbonezamikurire rwubatswe ku bufatanye bwa Polisi n’abaturage

Yasuwe: 136 Mu Mudugudu wa Nyiramuyenzi Akagali ka Buramira, mu Murenge wa Kimonyi mu Karere ka Musanze hatashywe urugo mbenezamikurire y’abana bato, rwubatswe ku bufatanye bwa Polisi y’u Rwanda n’abaturage mu kwezi kwahariwe Polisi (#PoliceMonth2022). Uzamukunda Esperance ufite umwana muto witeguye ko azajya amusiga muri iryo rerero, yavuze ko agiye kujya akora imirimo ye atuje […]

Continue Reading

 Ngororero: Grenade yaturikanye abana babiri umwe ahita ahasiga ubuzima

Yasuwe: 121 Mu Murenge wa Ngororero mu Karere ka Ngororero, Igisasu cyo mu bwoko bwa ‘Grenade’ cyishe umwana w’imyaka 10 y’amavuko, gikomeretsa bikomeye uwo bari kumwe. Ibyo byabaye kuri uyu wa Kane taliki ya 15 Ukuboza 2022 mu Mudugudu wa Kabeza, mu Kagari ka Gaseke, mu Murenge wa Ngororero. Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Ngororero,  Mugisha […]

Continue Reading

Ngororero: Umuhanda ugana ku ishuri ry’abafite ubumuga ugiye gukorwa

Yasuwe: 112 Ubuyobozi bw’Akarere ka Ngororero bwavuze ko mu mezi atatu, umuhanda ugana ku ishuri rya APAX Muramba ryita ku bantu bafite ubumuga, uzaba ari nyabagendwa mu rwego rwo korohereza abafite ubumuga n’abandi bawukoresha. Ishuri ryitwa APAX Muramba riherereye mu Murenge wa Matyazo mu Karere ka Ngororero, ni rimwe mu yita ku bana bafite ubumuga. […]

Continue Reading