Gicumbi: Bagiye gusenga bagarutse basanga abana babo babiri bapfuye

Yasuwe: 212 Abana babiri bo mu mudugudu wa Miyange, akagari ka Mataba mu murenge wa Nyamiyaga, baguye mu cyobo barapfa kuri uyu wa Gatandatu mu gihe ababyeyi babo bari bagiye gusenga. Aba bana b’abahungu bapfuye umwe yari afite imyaka ine undi afite itanu, bakaba baguye mu cyobo cya metero eshanu z’uburebure. Iki cyobo kiri mu […]

Continue Reading

Nigeria: Abana bagera ku 5,000 bashobora gupfa mu mezi abiri ari imbere

Yasuwe: 221 Abashinzwe gutanga imfashanyo ku bantu basizwe iheruheru n’Intambara za Boko Haram mu Majyaruguru ya Nigeria bavuze ko abana bagera ku 5,000 bari munsi y’imyaka itanu, bashobora gupfa mu mezi abiri ari imbere bazize imirire mibi ikabije. Abantu babarirwa muri za miliyoni muri Nigeria bari mu kaga gakomeye katewe n’ibikorwa by’abarwanyi bagendera ku matwara […]

Continue Reading

Ebola ikomeje gukwirakwira mu turere twinshi twa Uganda

Yasuwe: 248 Amakuru atangwa n’Itsinda ryashyiriweho guhangana n’ikwirakwira rya Ebola muri Uganda, aravuga ko icyo cyorezo kimaze kugera mu Turere twinshi. Abamaze kwemezwa n’abakekwaho kucyandura bamaze kugaragara muri Kampala, Kisoro, Kakumiro, Mubende, na Kyegegwa. Daily Monitor yatangaje ko inzego z’ubuzima zasabye abaturage gukurikiza ingamba zo gukumira ikwirakwira ry’icyo cyorezo no kumenyekanisha abantu bafite ibimenyetso kugira […]

Continue Reading

Gatsibo: Ababyeyi bafite abana babyaye imburagihe basabwe kudahishira abahohoteye abana babo

Yasuwe: 161 Ababyeyi bo mu murenge wa Rugarama  mu karere ka Gatsibo, bafite  abana  batewe inda bakiri bato bahawe ibiganiro  bigamije kubahugura no kubasobanurira inshingano zabo ku bana ndetse no kudahishira abahohoteye abana babo. Kabatesi Olivia, Umuyobozi wa Empower Rwanda, umuryango uharanira uburenganzira n’iterambere ry’umugore n’umwana w’umukobwa, yahaye ubutumwa ababyeyi mu kiganiro cyari gifite insanganyamatsiko […]

Continue Reading

Imodoka zitwara abagenzi zizatwara abana basubira ku mashuri zemerewe gukora ku muganda rusange

Yasuwe: 155 Minisiteri y’ubutegetsi bw’Igihugu yasohoye itangazo rivuga ko ku muganda rusange,imodoka zisanzwe zitwara abagenzi zemerewe gukora mu masaha y’umuhanda, ariko izizakora akaba ari izizaba zitwaye  abana basubira ku mashuri ndetse n’abakozi barimo gufasha muri icyo gikorwa. Uretse imodoka kandi na moto zizaba zitwaye abanyeshuri zemerewe kuzana zikora mu masaha y’umuganda. Ubusanzwe umunsi w’umuganda nta […]

Continue Reading

Minisiteri y’ubuzima yasobanuye impamvu abana bagiye gukingirwa covid-19

Yasuwe: 267 Umuyobozi w’ishami ry’itumanaho muri Minisiteri y’ubuzima Julien Mahoro Niyingabira, yagaragaje impamvu zitandukanye zatumye abana bari hagati y’imyaka itanu na cumi n’umwe, bagiye guhabwa urukingo rwa covid-19 mu ntangiro z’uku kwezi kwa cumi. Mu mahugurwa yateguriwe abanyamakuru binyuze mu ishyirahamwe ry’abanyamakuru ARJ ku nkunga ya unicef, yagaragaje ko Impamvu ya mbere, ari uko abana […]

Continue Reading

Gasabo: Hatangijwe itsinda ryitezweho kuba urubuga rw’ibitekerezo no kurengera umwana

Yasuwe: 253 Abana bo mu Kagali ka Rudashya mu Murenge wa Ndera mu Karere ka Gasabo batangije Itsinda ry’abana bise Indatwa (Club Indatwa) bavuga ko rifite intego yo kuba urubuga rwo gutanga ibitekerezo, kugaragaza ibyifuzo, impano n’ibikorwa byo kurengera umwana. Igikorwa cyo gutangiza ku mugaragaro iryo tsinda rimaze igihe kirenga ukwezi ritangiye ibikorwa, cyabaye ku […]

Continue Reading

MINEDUC yihanangirije ibigo by’amashuri byishyuza amafaranga ya Ejo Heza

Yasuwe: 588 Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yasabye ibigo by’amashuri byishyuzaga umusanzu wa Ejo Heza kubihagarika ndetse bikava mu bisabwa umubyeyi kugira ngo umwana yemererwe kujya mu ishuri. Mu kiganiro na TV1 mu mpera z’Icyumweru gishize, umunyamakuru yabajije Minisitiri w’Uburezi, Dr. Uwamariya Valentine niba koko amafaranga y’ubwizigame bwa Ejo Heza ari mu byishyurwa ku ishuri. Ni nyuma […]

Continue Reading

Mubyeyi ngaya amwe mu mafunguro yongera ubwenge ku mwana muto

Yasuwe: 249 Ibiryo byongera ubwenge ku mwana cyane cyane ukiri muto, ni ingenzi mu gutuma arushaho gukura atari mu gihagararo gusa ahubwo no mu bwenge, bityo ubushobozi bwe bw’imitekerereze no gufata mu mutwe bukarushaho kwiyongera. Ni byiza guha abana ibiryo bitera imbaraga umubiri, ariko n’ubwonko bukeneye kugaburirwa neza kugira ngo burusheho gukora no gukura neza. […]

Continue Reading

Minisitiri w’Uburezi yasabye abayobozi b’ibigo by’amashuri gushyira abarimu b’abahanga mu myaka itatu ibanza

Yasuwe: 249 Minisitiri w’Uburezi, Dr Uwamariya Valentine, yasabye abayobozi b’ibigo by’amashuri gushyira abarimu b’abahanga mu myaka itatu ibanza kugira ngo bazamure imyigire y’abana ngo kuko isuzuma riheruka ryagaragaje ko mu bana biga muri iyo myaka, 35% batazi gusoma icyongereza. Ibi byagarutsweho kuri iki Cyumweru tariki ya 18 Nzeri 2022 ubwo Minisitiri w’Uburezi yitabiraga amahugurwa y’umunsi […]

Continue Reading