Gushora mu bana ni uguteganya ejo heza h’Igihugu

Yasuwe: 448 Ibi byagarutsweho kuri uyu wa Kane taliki 02 Ukuboza 2021 i Kigali  muri Serena Hotel ahabereye ibiganiro byahuje abayobozi b’ibigo bya Leta, imiryango itari iya Leta, abikorera n’abadipolomate  batandukanye bafite aho bahurira n’abana. Ibi biganiro bikaba byari bigamije kurebera hamwe uruhare rw’abana mu gutanga ibitekerezo bishyirwa mu igenamigambi n’ingengo y’imari ishorwa mu bibakorerwa […]

Continue Reading

Abana b’abahungu binjiye aho abakobwa barara barabasambanya baranabiba

Yasuwe: 498 Abakobwa bo mu mashuri yisumbuye bafashwe ku ngufu mu nzu bararamo mu ijoro ryo ku ya 21 kugeza ku ya 22 Ugushyingo 2021, mu mujyi wa Bédiala muri Daloa. Abakobwa bakiri bato bahohotewe basinziriye n’itsinda ry’abahungu mu ijoro ryo ku ya 21 kugeza ku ya 22 Ugushyingo 2021, i Bédiala. Urubyiruko rw’abasore batanu […]

Continue Reading

Umwana w’umuhungu bamusanze muri moteri y’indege aho yari yihishe ashaka kujya hanze

Yasuwe: 401 Umuhungu ukiri muto wifuzaga cyane kujya mu mahanga yakoze agashya yihisha muri moteri y’indege, ariko atabwa muri yombi n’abapolisi atageze ku ntego ye. Amashusho yagiye ahagaragara yerekanye uyu mwana amanuka avuye muri moteri y’indege,afite agasakoshi karimo ibintu bye. Izina ry’ikibuga cy’indege ibi byabereyeho ntikiramenyekana, ariko videwo yasangijwe kuri Instagram na Tunde Ednut yerekana […]

Continue Reading

Wa mupadiri w’i Rulindo ukurikiranyweho gusambanya umwana yasabiwe gufungwa iminsi 30

Yasuwe: 294 Urukiko rwafashe icyemezo cyo gufunga by’agatagenyo iminsi 30 Umupadiri wo muri Paruwasi Gatulika yo mu Murenge wa Cyungo mu Karere ka Rulindo nyuma yo gusanga hari impamvu zikomeye zituma akekwaho gukora icyaha cyo gusambanya umwana w’umukobwa. Icyemezo cy’Urukiko rw’Ibanze rwa Byumba rwasomye icyemezo cyarwo kuri uyu wa Kabiri tariki 30 Ugushyingo 2021. Uyu […]

Continue Reading

Umwana w’imyaka 13 yavuze ko yasambanyijwe na se ndetse na sekuru

Yasuwe: 553 Ishami rishinzwe umutekano mu ingabo z’igihugu cya Nijeriya (NSCDC),ryataye muri yombi abantu babiri,umugabo na se , bakurikiranyweho gufata ku ngufu umukobwa wabo / umwuzukuru wabo w’imyaka 13. Umuvugizi w’ubuyobozi, Adigun Daniel,niwe watangaje ayo makuru ku wa mbere, tariki ya 29 Ugushyingo,mu itangazo yatangiye ahitwa Osogbo, yavuze ko abakekwa bafashwe ku wa gatanu. Adigun […]

Continue Reading

Hari ababyeyi bagira uruhare ku bana baba mu muhanda ndetse n’abasambanywa

Yasuwe: 603 Ibibazo by’abana bo mu mihanda ndetse n’iby’abasambanywa cyane cyane abakobwa, bivugwaho kenshi n’abayobozi mu nzego zitandukanye ariko ugasanga kugabanuka kwabyo biragenda biguru ntege.   Perezida wa Komisiyo y’Igihugu y’Uburenganzira bwa muntu, Mukasine Marie Claire, yavuze ko ababyeyi ari bo bafite urufunguzo rwo kurinda uburenganzira bw’abana babo, bakabakurikirana ndetse bakabarinda ihohoterwa ribakorerwa cyo kimwe […]

Continue Reading

Ubwongereza: Stella Creasy yabujijwe kwicara mu nteko ishinga amategeko afite umwana

Yasuwe: 288 Umudepite wo mu Bwongereza yavuze ko “bigomba gushoboka ko politiki no kurera bivangwa” nyuma yo kubwirwa ko adashobora kwicara mu nteko ishingamategeko hamwe n’uruhinja rwe rw’umuhungu w’amezi atatu. Depite Stella Creasy, wo mu ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi rya Labour, yamenyeshejwe ko binyuranyije n’amategeko kuzana umwana mu mpaka zo mu nteko mu ngoro ya […]

Continue Reading

Kayonza: Umugore wari utwite inda y’imvutsi yatemaguwe n’abagizi ba nabi bimuviramo urupfu

Yasuwe: 310 Umugore w’imyaka 33 wari utwite inda y’imvutsi (abura igihe gito ngo abyare) utuye mu Karere ka Kayonza, yasanzwe mu murima yishwe ateraguwe n’abantu bataramenyekana. Iki gikorwa cy’ubugizi bwa nabi cyabereye mu Mudugudu wa Matinza mu Kagari ka Nkondo mu Murenge wa Rwinkwavu mu Karere ka Kayonza mu ijoro ryo ku Cyumweru rishyira kuwa […]

Continue Reading

Meya Mutabazi yatangaje ko afite impano yo kurera abana

Yasuwe: 706 Umuyobozi w’akarere ka Bugesera uherutse gutorerwa indi manda, Richard Mutabazi yavuze ko mu mpano ate harimo kurera abana bato kuva ku mpinja, kuboza no kubaheka. Uyu muyobozi ukunze gusabana n’abarimo abamukurikira ku mbuga nkoranyambaga yabitangarije mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru wa RBA, ubwo yari amaze kugaragaza impano yo gusoma amakuru, adategwa nk’umunyamakuru ubimenyereye. Yabajijwe […]

Continue Reading

Agahinda k’umwana w’imyaka 16 wirukanywe n’umukoresha nyuma yo kumutera inda

Yasuwe: 618 Umwana w’imyaka 16 uvuka mu Murenge wa Kinazi mu Karere ka Huye, aremeza ko ubu atwite inda y’uwahoze ari umukoresha we aho yakoreraga akazi ko mu rugo mu Mujyi wa Kigali. Uwera (Izina ryahinduwe), ubu ufite inda y’amezi arenga atatu, yabwiye IGIHE dukesha iyi nkuru ko yaje i Kigali gukora akazi ko mu […]

Continue Reading