Yifuje Ubwiza

Yasuwe: 620 Gikeri na Rusake bari baturanye, ari inshuti magara. Rimwe Gikeriyasuye Rusake baraganira. Gikeri yitegereza mugenzi we asanga badahuje uburanga. Aramubaza ati: <<Nshuti yange Rusake, ukora iki ngo umubiri wawe uhore unyerera unabengerana gutyo? Reba uwange! Mpora mu mazi, nkoga amanywa n’ijoro ariko uranga ugahanda. Uziko na Nyirantashya aherutse kunyishongoraho ngo kuba mu mazi […]

Continue Reading

Rubavu: Umuyobozi w’ishuri arashinjwa kutaba mu kazi bikabangamira gahunda yo kurya ku ishuri.

Yasuwe: 650 Bamwe mu babyeyi barerera mu ishuri ribanza rya Centre Scolaire Nyagasozi, riherereye mu murenge wa Kanama mu karere ka Rubavu, baravuga ko gahunda yo kugaburira abana ku ishuri itagenda neza bitewe n’uko umuyobozi w’ishuri aba adahari , bigatuma habura uwegera ababyeyi ngo abakangurire ibyiza byo gufata ifunguro ku ishuri , bityo abana bakaba […]

Continue Reading

Hateguwe amasiganwa ku magare ku bana bari hagati y’imyaka 12 na 16

Yasuwe: 278 Ku bufatanye n’Urwego rushinzwe Intwari z’Igihugu, Imidari n’Impeta by’Ishimwe (CHENO), Ishyirahamwe ry’umukino wo gusiganwa ku magare mu Rwanda (FERWACY) ryateguye isiganwa ryo kwizihiza Umunsi w’Intwari rizaba tariki ya 30 Mutarama 2022 i Remera kuri Stade Amahoro. Isiganwa rizaba rifite intego yo kwigisha abakiri bato umuco w’ubutwari bijyanye n’insanganyamatsiko “Ubutwari mu Banyarwanda, agaciro kacu” […]

Continue Reading

Kenya: Umugabo yishe uruhinja arukubise ku kibambasi cy’inzu

Yasuwe: 654 Polisi yo muri Murang’a mu gihugu cya kenya yafunze umugabo uri mu kigero cy’imyaka 23 ukurikiranyweho kwica uruhinja rw’amezi ane, mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri. Amashusho yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga agaragaza uyu mugabo witwa Mark Njuguna, akubita umugore we, hanyuma aterura uyu mwana akamukubita, agahita apfa ako kanya. Nk’uko bivugwa na […]

Continue Reading

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’akagari akurikiranyweho gusambanya umwana

Yasuwe: 640 Mu Karere ka Karongi haravugwa inkuru y’ umunyamabanga Nshingwabikorwa w’ Akagari ko mu Murenge wa Rubengera , uri mu maboko y’ Urwego rw’ Igihugu rw’ Ubugenzacyaha (RIB) rumukuriranyeho icyaha cyo gusambamya umwana w’ umukobwa babana mu nzu nk’ umugore n’ umugabo ndetse bikaba baranabyaranye umwana. Amakuru avuga ko uyu munyamabanga Nshingwabikorwa w’ Akagari […]

Continue Reading

Karongi: Nyuma y’iminsi 3 abana bari baburiwe irengero bongeye kuboneka bashonje

Yasuwe: 585 Abanyeshuri bo mu Karere ka Karongi bari baburiwe irengero bongeye kuboneka nyuma y’iminsi itatu, bashonje cyane. Mu cyumweru gishize ni bwo aba bana bo mu Kagari ka Bubazi, Umurenge wa Rubengera bavuye mu kigo barahunga ubwo akarere kari mu gikorwa cyo gukingira abanyeshuri bafite kuva myaka 12 kugera kuri 17. Ababyeyi babo bakimara […]

Continue Reading

Nyanza: Umwana yagerageje kwiyambura ubuzima nyuma yo guterwa inda

Yasuwe: 293 Mu Karere ka Nyanza haravugwa inkuru y’ umwana w’ imyaka 17 wo mu Murenge wa Busasamana , bikekwa ko yagerageje kwiyambura ubuzima akoresheje umuti wica udukoko uzwi ku izina rya “Simikombe” nk’ uko ikinyamakuru Umuseke.rw dukesha ino nkuru cyabitangaje. Amakuru avuga ko uwo mwana ubwo yari amaze kunywa uwo muti yamerewe nabi cyane […]

Continue Reading

Rubavu: Umwana amaze amezi atanu arembeye mu rugo nyuma yo gukubitwa umugeri n’umuturanyi amara agacika

Yasuwe: 784 Umubyeyi witwa Iribagiza Marie Claire wo mu karere ka Rubavu, Umurenge wa Nyundo, akagari ka Terimbere ho mu mudugudu wa Keya avuga ko umwana we yakubiswe umugeri n’umuturanyi amara akayapfumura, ku buryo umwanda usohokera mu rubavu agasaba ubufasha. Ubuyobozi bw’Umurenge buvuga ko iki kibazo bukizi ariko butari buzi ko uyu mubyeyi yabuze ubushobozi […]

Continue Reading

Nyaruguru: Abana barenga 2300 basubijwe ku ishuri mu minsi ibiri

Yasuwe: 311 Nyuma yaho hatangijwe ubukangurambaga bwo gushakisha abanyeshuri batatangiye ishuri mu Karere ka Nyaruguru, mu minsi ibiri hamaze kugaruka kwiga abagera ku 2 372.   Mu minsi ishize ku wa 19 Mutarama 2022 mu Karere ka Nyaruguru habarurwaga abana 4 034 batarasubira kwiga kuva igihembwe cya kabiri cy’uyu mwaka w’amashuri cyatangira. Icyo gihe hari […]

Continue Reading

Uburakari muri Nigeria nyuma y’iyicwa ry’umwana w’umukobwa w’imyaka 5

Yasuwe: 361 Itahurwa ry’umurambo watangiye kwangirika w’umunyeshuri w’umukobwa w’imyaka itanu Hanifa Abubakar ryateje akumiro n’uburakari muri Nigeria, aho intero yo kuri internet ya #JusticeForHanifa (ubutabera kuri Hanifa) irimo gukoreshwa cyane. Nyir’ishuri yigagaho, witwa Abdulmalik Mohammed Tanko, yatawe muri yombi ndetse n’iryo shuri ryafunzwe. Bivugwa ko mu kwezi kwa cumi na kabiri yashimuse Hanifa muri leta […]

Continue Reading