Musanze:Umwana w’imyaka 5 amaze iminsi itatu mu nzu yarafungiranywe na mukase

Yasuwe: 1,357 Umwana w’imyaka itanu wo mu mudugudu wa Kabagoyi, akagari ka Birira ho mu murenge wa kimonyi akarere ka Musanze, amaze iminsi itatu yirirwa afungiranwye mu nzu na mukase wamureraga. Amakuru y’uyu mwana yamenyekanye kuwa kane tariki ya 03 werurwe 2022, aho ubuyobozi bw’umudugudu bwamenye aya makuru buyahawe n ‘abaturage, nabwo bukitabaza ubuyobozi bw’akagali […]

Continue Reading

Rutsiro: Umusore w’imyaka 22 akurikiranyweho gusambanya umwana w’imyaka 2

Yasuwe: 1,231 Umusore witwa Akarikumutima Emmanuel utuye mu mudugudu wa Rurimba, akagari ka Mburamazi, umurenge wa Murunda ho mu karere ka Rutsiro arakekwaho gusambanya umwana w’imyaka 2 wo mu rugo yakoragamo abafasha imirimo. Kuri uyu wa mbere taliki 28 Gashyantare 2022 mu masaha ya saa tatu nibwo ibi byabaye nk’uko Tuyisenge Anathalie, umubyeyi w’umwana wahohotewe […]

Continue Reading

Nyamagabe: Abangavu 67 batewe inda mumezi 6

Yasuwe: 410 Ibi byatangajwe n’Ubuyobozi bw’Akarere ka Nyamagabe nyuma y’ubukangurambaga bwakozwe ku bijyanye n’ubuzima bw’imyororkere aho basanga ubu bukangurambaga bwaragize uruhare mu kugabanya umubare w’abangavu baterwa inda。 Byagarutsweho ubwo hakorwaga ubukangurambaga mu banyeshuri biga mu mashuri yisumbuye bugamije gukumira inda ziterwa abangavu. Imibare igaragaza ko abangavu 67aribo batwaye inda mumezi 6,kuva muri nyakanga 2021 kugeza […]

Continue Reading

Ngororero: Arasaba ubufasha bwo kuvuza umwana we.

Yasuwe: 966 Barikumwe Jeannette utuye mu mudugudu wa Gashinge, akagari ka ka Muramba umurenge wa Kageyo mu karere ka Ngororero, arasaba ubufasha bwo kuvuza umwana we w’imyaka 15, urwaye bikabije none akaba yaroherejwe kumuvuza mu bitaro bikuru bya CHUK kandi akaba adafite amikoro yo kumuvuza. Avugana n’ijamboryumwana.com, uyu mubyeyi yavuze ko umwana we amaranye ubu […]

Continue Reading

Bugesera: Abana biyemeje kuba abambere mu kurwanya ihohoterwa ribakorerwa

Yasuwe: 667 Abana bo mu karere ka Bugesera bahuguwe n’Impuzamiryango iharanira uburenganzira bwa muntu (CLADHO) ku bufatanye na Plan International Rwanda n’Akarere , bagera kuri 35 baturutse mu mirenge yose baza bahagarariye abandi. Nyuma y’amahugurwa bahawe kuva  kuri uyu wa gatandatu Tariki 19 kugeza kuri iki cyumweru Tariki 20 Gashyantare, 2022, biyemeje kuba abambere mu […]

Continue Reading

DJ Brianne yasabye abana bo ku muhanda kutiheba

Yasuwe: 453 Brianne wari umaze icyumweru i Dubai ku butumire yahawe bwo kuhacurangira yasabye abana bo ku muhanda kudaheranwa n’agahinda cyangwa ngo bihebe, abibutsa ko isaha iyo ariyo yose Imana yabahindurira ubuzima. Ibi DJ Brianne yabigarutseho mu kiganiro kigufi yagiranye na IGIHE dukesha iyi nkuru ubwo yari i Dubai aho yacuranze mu tubyiniro dutandukanye dukunze […]

Continue Reading

Agatambaro

Yasuwe: 898 Agatambaro ni umukino ukinwa n’abana guhera ku myaka itanu kuzamura. Uyu mukino abana  bawukina bicaye hasi  bakoze uruziga, mu kibuga k’imikino kirimo utwatsi. Muri uyu mukino hakenerwa agatambaro gato koroshye umwana ashobora gupfumbatiza mu ntoki. Umwana umwe azenguruka inyuma ya bagenzi be bicaye ku ruziga afite agatambaro mu ntoki aririmba indirimbo, bagenzi be […]

Continue Reading

Gasabo -Jabana : Nyuma yo guterwa inda icyizere cyaragarutse

Yasuwe: 431 Abana b’abakobwa batatu bo mu murenge wa Jabana mu karere ka Gasabo , batewe inda bafite imyaka 17 bavuga ko kuri ubu icyizere cy’ubuzima cyagarutse bitewe nuko impuzamiryango yita k’uburenganzira bwa murntu Cladho yabafashije kwiga umwuga w’ubudozi , bakaba bizeye ko batazabura igitunga abana babo . Umwe muri aba bana kuri ubu ugize […]

Continue Reading

Hagaragajwe uburyo abana bazatangamo ibitekerezo bizafasha mu igenamigambi ry’igihugu

Yasuwe: 645 Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu, Minisiteri y’Igenamigambi n’abafatanyabikorwa bayo batangije igikorwa cyo kwakira ibitekerezo by’abaturage, bizatoranywamo ibizinjizwa mu igenamigambi n’imihigo by’umwaka wa 2022-23 ndetse hagaragazwa uburyo ibitekerezo abana bafite bizakirwa nk’iby’abantu bakuru. Mu rwego rwo gukora igenamigambi rishingiye ku by’umuturage akeneye kurusha ibindi, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 9Gashyantare 2022, hatangijwe igikorwa cyo kwakira ibitekerezo byabo bizashyirwa mu […]

Continue Reading

World vision yahagurukiye kurwanya imirire mibi n’ihohotera rikorerwa abana

Yasuwe: 214 World Vision, Umuryango Mpuzamahanga wa gikirisitu, ishami ry’u Rwanda, wiyemeje gukomeza gufatanya na leta mu kurwanya Covi-19 n’ibibazo bibangamiye umuryango nyarwanda birimo ihohotera rikorerwa abana n’imirire mibi. Ibi ni ibikubiye muri gahunda y’imyaka itanu y’ibikorwa by’uyu muryango yamuritswe ku wa 8 Gashyantare 2022 nkuko tubikesha IGIHE. Mu myaka itanu ishize uyu muryango wakoranye […]

Continue Reading