Britney Spears yavugiye mu rukiko ko yabujijwe uburenganzira bwo kubyara akana

Yasuwe: 575 Umuhanzikazi Britney Jean Spears wamamaye nka Britney Spears, yavuze ko kubera ukuntu se James ‘Jamie’ Parnell Spears ufite uburenganzira bwo kumugenzurira imitungo no kumukurikirana mu muziki yagiye amufata, byatumye ahura n’ihungabana.   PageSix yandika amakuru yiganjemo ay’ibyamamare muri Amerika yatangaje ko uyu muhanzikazi ibi yabivugiye mu rukiko ubwo yasobanuraga byimbitse impamvu yifuza ko […]

Continue Reading

Barasaba ubufasha mu kwishyura amazi abana bakoresha ku mashuri

Yasuwe: 314 Ku itariki 21 na 22 Kamena 2021 umufatanyabikorwa w’Intara y’Iburengerazuba, World Vision yerekanya ibikorwa by’iterambere byamaze kuzura bigamije gutuma imibereho myiza y’abaturage izamuka. Ibigo by’amashuri bivuga ko amazi abanyeshuri bakoresha mu bikorwa by’isuku yiyongereye bagasaba ubufasha mu kuyishyura. Ibyo bikorwa birimo imiyoboro y’amazi yubatswe mu Mirenge itandukanye, no gufasha urubyiruko n’abagore kwihangira imirimo […]

Continue Reading

Gicumbi: Abana bibana baratabaza kubwo kutagira aho baba

Yasuwe: 330 Niyonshuti Immaculée wiga mu mwaka wa Gatandatu w’amashuri yisumbuye, akaba ari imfubyi anarera barumuna be babiri arasaba ubufasha bwo kubakirwa inzu nyuma y’uko iyo basigiwe n’ababyeyi babo ibasenyukiyeho none bakaba babayeho bacumbika.   Uyu muryango w’aba bana batatu barebererwa na Niyonshuti kuko ariwe mukuru muri bo, utuye mu Mudugudu wa Rugarama, Akagari ka […]

Continue Reading

Umuraperi Riderman yibarutse impanga

Yasuwe: 681 Umuraperi Riderman n’umufasha Agasaro Nadia batangaje ko mu ijoro ryo kuwa 13 Kamena 2021, bibarutse abana b’impanga, baje ari ubuheta nyuma y’uko bari basanzwe bafite umwana w’umuhungu wavutse muri 2015. Mu butumwa yanyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, Riderman yavuze ko yishimiye kwibaruka izi mpanga zatumye aba umubyeyi w’abana batatu. Ati “Mu buzima […]

Continue Reading

Kugira ubumuga byatumye umwana asibira inshuro 15 mu mwaka wa mbere

Yasuwe: 506 Wumvise inkuru y’uyu munyeshuri wakeka ko ari amakabyankuru, nyamara nukuri kuzuye. Uyu mwana yiga mu mwaka wa mbere ariko amaze gusibiramo inshuri 15, nukuvuga ko amaze imyaka 15 yiga mu mwaka umwe ariko byose bikaba biterwa n’ubumuga bwo mu mutwe abana nabwo. Mu mashusho yashyizwe ahagaragara na Afrimax Tv, umurebye wakeka ko ari […]

Continue Reading

Amashirakinyoma ku nkuru y’umugore byavuzwe ko yabyaye abana 10

Yasuwe: 618 Ubuyobozi bw’Intara ya Gauteng muri Afurika y’Epfo bwatangaje ko inkuru iheruka gukwirakwira mu bitangazamakuru ko umubyeyi witwa Gosiame Sithole w’imyaka 37 yibarutse abana icumi icyarimwe yari igihuha.   Mu itangazo bwashyize ahagaragara bwasobanuye ko nta bitaro na bimwe byaho byigeze bitanga raporo y’uwahabyariye abana icumi, ndetse ko n’isuzuma ryakorewe uwo mubyeyi byiswe ko […]

Continue Reading

Ngororero: World Vision mu rugamba rwo kurengera Ubuzima bw’Abana n’Ababyeyi

Yasuwe: 321 Abatuye mu karere ka Ngororero, mu Murenge wa Matyazo bavuga ko inzu y’ababyeyi bubakiwe, izabafasha gusigasira umuco wo kubyarira kwa Muganga, kuko abenshi babyariraga mu ngo kubera ko Ibitaro byari kure yabo. Ubuyobozi bw’Akarere bushimira abafatanyabikorwa ku bw’Uruhare bakomeza kugaragaza mu gusigasira mibereho myiza y’Abaturage. Iyi nzu y’Ababyeyi yubatswe mu karere ka Ngororero, […]

Continue Reading

Kicukiro: Hatangijwe gahunda y’iminsi 5 yo kwibuka abana bishwe muri Jenoside

Yasuwe: 671 Guhera kuri uyu wa Mbere tariki 21 Kamena 2021, Umuryango Fondasiyo Ndayisaba Fabrice, ufatanyije n’amashuri y’incuke, abanza, ayisumbuye ndetse n’ay’imyuga yo mu Karere ka Kicukiro, yatangije gahunda ngarukamwaka yo kwibuka abana n’impinja bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.   Iyi gahunda yatangirijwe mu Ishuri ry’Incuke rya Fondasiyo Ndayisaba Fabrice, hamwe no mu […]

Continue Reading

Gicumbi: Umubyeyi yabwiye abana be ko agiye kubikuza amafaranga aburirwa irengero

Yasuwe: 477 Nyuma yo kubura andi matihamo ubwo nyina yabasigaga mu icumbi ababwira ko agiye kubikuza amafaranga ntibongere kumuca iryera, abana babiri bari mu kigero cy’imyaka umunani, birirwa mu Mujyi wa Gicumbi bashaka uko babona imibereho, bwakwira bakajya kurara mu nzu zitagikorerwamo.   Ubu buzima ni bwo babayemo umunsi ku wundi nyamara siko byahoze, kuko […]

Continue Reading

Ifoto ya Perezida Kagame n’umwuzukuru we yavugishije benshi ku mbuga nkoranyambaga

Yasuwe: 459 Ku rubuga nkoranyambaga rwa Twitter ifoto ya Perezida wa Repubulika Paul Kagame ari kumwe n’umwuzukuru we akaba imfura ya Ange Ingabire Kagame yavugishije abatari bake. Ni ifoto yashyizwe kuri Twitter, na Ange Ingabire Kagame akaba ubuheta bwa Perezida Paul Kagame. Ange Ingabire Kagame yashyize iyi foto kuri Twitter yifuriza umubyeyi umunsi mwiza w’ababyeyi […]

Continue Reading