Rutsiro: Umwana w’imyaka 2 yarokotse ubwo ababyeyi be bari baryamanye bahitanwaga n’inkuba

Yasuwe: 688 Mu ijoro ryakeye inkuba yakubise Umugore n’Umugabo bo mu karere ka Rutsiro barapfa, harokoka Umwana w’imyaka 2 bari baryamanye. Ubw’Umurenge buvuga ko imirambo yabo itegerejwe kujyanwa kwa muganga ngo ibanze ikorerwe isuzuma. Ibi byabereye mu mudugudu wa Gisunzu, akagari ka Rurara, umurenge wa Mushonyi ubwo mu mvura yaguye mu ijoro ryahise ryo kuwa […]

Continue Reading

Huye: Umugore yahamijwe icyaha cyo kujugunya uruhinja mu cyobo akatirwa igifungo cy’imyaka 2

Yasuwe: 777 Ku wa 4 Kanama 2021, Urukiko Rwisumbuye rwa Huye rwasomye urubanza Ubushinjacyaha bwari bukurikiranyemo Mukabalisa Antoinette icyaha cy’ubwinjiracyaha mu kwihekura, yakoreye umwana yari amaze kubyara, rumuhamya icyaha maze rumukatira igifungo cy’imyaka ibiri n’amezi atandatu.   Urukiko rwamuhanishije icyo gifungo kubera ko kuva yafatwa kugeza aburana mu mizi yemeye icyaha, asobanura ku buryo budashidikanywaho […]

Continue Reading

Rwanda: Abagore 10 bari bafungiwe icyaha cyo gukuramo inda bahawe imbabazi na Perezida wa Repubulika

Yasuwe: 681 Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yahaye imbabazi abakobwa 10 bari barakatiwe n’inkiko kubera icyaha cyo gukuramo inda.   Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda ryo mu 2003, ryavuguruwe mu 2015 mu ngingo yaryo ya 109 riha Perezida wa Repubulika ububasha bwo gutanga imbabazi. Ni ingingo igira iti “Perezida wa Repubulika afite ububasha bwo […]

Continue Reading

Cameroon: Umugore w’imyaka 26 yishe abana be 2 agamije kubana n’umukunzi we bahuriye kuri Facebook

Yasuwe: 882 Umugore witwa Ngum Hilda w’imyaka 26 ukomoka mu gihugu cya Cameroon yakoze amahano yica abana be 2 yibyariye kugira ngo abashe gushyingiranwa n’umugabo bahuriye ku rubuga rwa Facebook. Uyu mugore yakundanye n’uyu mugabo bahuriye kuri Facebook hanyuma amwemerera ko azamurongora niba adafite abana. Iyi nkuru ihuje neza na filimi yo muri Nigeria ariko […]

Continue Reading

Guverinoma igiye kongera amafaranga muri gahunda yo kugaburira abana ku mashuri

Yasuwe: 711 Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko muri uyu mwaka w’ingengo y’imari, yashoye miliyari 27 Frw mu kwagura gahunda yo kugaburira abana ku mashuri by’umwihariko abo mu y’incuke, abanza n’ayisumbuye. Mu 2014 nibwo Leta y’u Rwanda yatangije gahunda yo kugaburira abana biga mu burezi bw’ibanze bw’imyaka 9 na 12, hagamijwe kubafasha kuzamura urwego rw’imitsindire ntawe […]

Continue Reading

Rubavu: Umukuru w’umudugudu akurikiranyweho gusambanya umwana w’imyaka 5

Yasuwe: 578 Munyaneza Théoneste, Umukuru w’umudugudu wa Mutembe, mu kagari ka Burushya, Umurenge wa Nyamyumba utuye mu karere ka Rubavu, umurenge wa Nyamyumba, amaze iminsi afunzwe akekwaho gusambanya umwana w’Imyaka 5. Ubuyobozi bw’Umurenge buvuga ko iki kibazo bukizi ariko cyashyikirijwe RIB. Munyaneza yatawe muri yombi kuwa 17 Nyakanga 2021, akekwaho icyaha cyo gusambanya Umwana w’Umuturanyi. […]

Continue Reading

Kayonza: Kudahembwa kw’abarimu kwatumye abana badakoreshwa ikizamini bimwa n’indangamanota

Yasuwe: 395 Abarimu bigisha ku ishuri ribanza rya Bright Vision riherereye mu Murenge wa Gahini mu Karere ka Kayonza, bafatiriye amanota n’indangamanota by’abana kubera kudahembwa, Ubuyobozi bw’ikigo buhitamo kongera gukoresha ikizamini kimwe ku nshuro ya kabiri, ibintu NESA ivuga ko bitemewe. Ibi bintu byo gukoresha ikizamini kimwe kabiri byafashwe nko gukopera, Ubuyobozi bw’ikigo cy’igihugu gishinzwe […]

Continue Reading

Guma mu rugo: Inzara iravuza ubuhuha mu bana baba mu mihanda

Yasuwe: 626 Abana baba mu muhanda babarizwa mu Karere ka Nyarugenge mu Murenge wa Muhima, barataka inzara nyuma y’uko Umujyi wa Kigali ushyizwe muri gahunda ya Guma mu rugo aho bakuraga ibibatunga hagafungwa. Umujyi wa Kigali washyizwe muri Guma mu rugo n’Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 14 Nyakanga, aho kubera ubwiyongere bwinshi bwa Covid-19 washyizwe […]

Continue Reading

Umugabo ushinjwa gusambanya umwana w’imyaka 13 yireguje ko igitsina cye kidafata umurego

Yasuwe: 602 Umugabo witwa Francis Wafula,wo muri Kenya ushinjwa gusambanya umwana w’imyaka 13,yabwiye urukiko ko ibyo atabikora kubera ko igitsina cye kidafata umurego. Ubwo Bwana Wafula yageraga imbere y’urukiko,yavuze ko atigeze asambanya uyu mwana kuko amaze igihe arwaye uburwayi butuma igitsina cye kidafata umurego. Uyu mugabo yashinjwe gusambanya uyu mwana mu nzu iri ahitwa Hurlingham […]

Continue Reading