Uko Mukarubuga yagaruriye ubuzima umwana yakuye mu kigo cy’imfubyi

Yasuwe: 1,079 Nta kibabaza nko kwisanga utazi ababyeyi bawe, agace ukomokamo cyangwa abo mu muryango ku buryo wumva wisanzuye mu byo ukora byose. Si abantu benshi biyumvisha ko kuvana umwana mu bwigunge bwo kutabona urukundo rwa kibyeyi ari ibya buri wese ufite umutima w’impuhwe hatitawe ku mitungo n’amafaranga. Mukarubuga Jacqueline, watoranyijwe nka ‘Malayika Murinzi’ n’umugabo […]

Continue Reading

Impyisi n’ihene

Yasuwe: 5,863 Kera amapfa yarateye, izuba riracana, ibyatsi n’ibiti biruma, biragwengera, ibitungwa bibura icyo birya, ibintu biradogera, abantu bakajya guhaha aho imvura yagwaga. Hakabaho ihene, ikitwa Ruhaya. Ibwira izindi hene zose iti « nimuze tujye guhahira muri ririya shyamba rigwamo imvura; turishe ubwatsi. Amapfa nashira, tuzagaruka.» Ihene zose ziti «ni uko, ejo tuzagenda.» Ruhaya iti […]

Continue Reading

Kigali: Spiderman Game Center bafite imikino ikangura ibitekerezo by’abana

Yasuwe: 1,473 Abahanga bavuga ko umwana ukina akura neza, atekereza vuba,akitinyuka , ntabe umunebwe ndetse akumva yishimiye ubuzima ndetse akanakura neza mu bwenge no mu gihagararo. Nyuma yo gusanga ababyeyi bamwe batarakangukira akamaro ko gukina kw’abana ndetse n’ababikangukiye bakabura ahantu hisanzuye ho kujyana abana babo, umunyarwandakazi Jovia Nkurunziza yashatse igisubizo maze atangiza ikigo Spiderman Game […]

Continue Reading

KARONGI: Abana basabwe kubaha Imana no kwirinda kugwa mumoshya kuko batangatanzwe

Yasuwe: 958 Kuri  uyu  wagatatu  taliki ya  05  Nyakanaga  impuzamiryango iharanira uburenganzira  bwa  muntu  mu  Rwanda  CLADHO  iri  kumwe  na  Polisi  y’Igihugu  ikorera  mu  Karere  ka  Karongi,  n’uhagarariye  ubuyobozi  bw’Umurenge  wa  Rubengera  basuye  ikigo   cy’abadivantisiti  b’umunsi  wakarindwi  cy’amashuri  abanza  cya  Rubenera  ya  2,  aho  baganiriye  n’abana  basaga  700,  aho  babaganirije  kugukumira  ihohoterwa  rikorerwa  abana  no  […]

Continue Reading

KARONGI: Umwana w’imyaka 14 umaze ibyumeru bibiri abyaye agiye gusubizwa mu ishuri

Yasuwe: 1,048 Ni  nyuma  y’aho  ikinyamakuru ijamboryumwana.com gisuye umwana  w’umukobwa  witwa  Emerthe,  utuye  mu  Murenge  wa  Rubengera,  Akagali  ka  Kibirizi,  Umudugudu  wa  Ndengwa,  wabyaye  afite  imyaka  14  aho  yararangije  umwaka  4 w’amashuri abanza  aho  yararikwitegura  kujya  muwa  5  maze  umuturanyi  wabo  witwa  Kajyibwami  akamutwara  k’umukobwa  we  ikigali  aho  yamurangiye  akazi  ko  murugo, akaba  ariho yatwariye  inda  […]

Continue Reading

Ku nkunga ya Save the Children Imiryango irengera umwana yahawe ubumenyi buzayifasha kugera ku ntego zayo

Yasuwe: 907 Ku nkunga y’Ikigo SIDA ‘’Sweeden International Development Agency ‘’ binyuze muri Save the Children mu mushinga wiswe Positive Discipline/ Protection of Children from violence, Impuzamiryango y’uburenganzira bwa muntu mu Rwanda CLADHO ku bufatanye na Coalition Umwana ku Isonga ndetse na Komisiyo y’Igihugu ishinzwe abana ‘’NCC’’, yahuguye imiryango itari iya Leta isaga 40 ikora […]

Continue Reading

Abanyamakuru n’abahanzi basabwe kubaha ihame ry’ubuzima bwite bw’umwana no kudakoresha amafoto y’abana uko bishakiye

Yasuwe: 1,144 Mbere yo gukoresha ifoto y’umwana mu nkuru cyangwa mu gihangano hakenewe ubwumvikane hagati y’umwana cyangwa umubyeyi we kuko ubuzima bwite bw’umwana bugomba kubahirizwa. Ibi byagarutsweho mu mahugurwa y’umunsi umwe Impuzamiryango y’uburenganzira bwa muntu mu Rwanda ”CLADHO” ku bufatanye na Coalition Umwana ku Isonga ku nkunga ya Sweden International Development Agency ”Sida” ibinyujije muri […]

Continue Reading

Kurandura ikibazo cy’inda ziterwa abangavu ntabwo byashoboka hatabayeho gushyira hamwe

Yasuwe: 969 Nyuma y’inama yo ku wa 19 ukwakira 2016 yahuje inzego zitandukanye zifite mu nshingano kurengera umwana,harimo inzego za leta n’iza sosiyete sivile,aho iyi nama yagaragaje imiterere y’ikibazo cy’abana b’abakobwa baterwa inda ikanafatirwamo imyanzuro itandukanye irebana no kugira icyakorwa mu guhangana n’iki kibazo,izi nzego zongeye guhura mu nama nyunguranabitekerezo yabaye kuri uyu wa kane […]

Continue Reading

Ngoma: Gahunda y’isibo yafashije ubuyobozi kugabanya umubare w’abana bata amashuri

Yasuwe: 1,170 Iburasirazuba  mu Karere  ka  Ngoma, Umurenge wa Murama  haravugwa  abana  bata  amashuri  bamwe  bakiri  mu mashuri  abanza, abana  mu kiganiro  bagiranye  n’ikinyamakuru  ijamboryumwana.com kuri  uyu  wa gatanu  tariki ya  25 Kanama  2017  badutangarije  ko  bata  amashuri  kubera  ubukene  bwugarije  imiryango yabo  kuko  ababyeyi  babo  batabasha  kubabonera  n’imyenda  ibi  bigatuma  abana  bahitamo  kujya  gukora  […]

Continue Reading