Uko Mukarubuga yagaruriye ubuzima umwana yakuye mu kigo cy’imfubyi
Yasuwe: 1,079 Nta kibabaza nko kwisanga utazi ababyeyi bawe, agace ukomokamo cyangwa abo mu muryango ku buryo wumva wisanzuye mu byo ukora byose. Si abantu benshi biyumvisha ko kuvana umwana mu bwigunge bwo kutabona urukundo rwa kibyeyi ari ibya buri wese ufite umutima w’impuhwe hatitawe ku mitungo n’amafaranga. Mukarubuga Jacqueline, watoranyijwe nka ‘Malayika Murinzi’ n’umugabo […]
Continue Reading